AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

RRA ivuga ko aba 'declarants' bagira amakosa mu gusora

Yanditswe Dec, 07 2016 18:25 PM | 1,740 Views



Ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahoro Rwanda Revenue Authority, kirasaba  abafasha abacuruzi gutumiza no kohereza ibicuruzwa mu mahanga bazwi nk'abadeclarant kurangwa n'ubunyangamugayo kuko hari amwe mu makosa bajya bakora agahombya leta.

Ni nayo mpamvu iki kigo cyagiranye ibiganiro n'abahagarariye sosiyeti zifasha abacuruzi ahanini mu kumenyekanisha imisoro. 

Abadeclarant cyangwa se abunganira abatumiza n'abohereza ibicuruzwa mu mahanga ubusanzwe baba bari nk'ikiraro hagati y'abacuruzi na leta.Ibi bituma aka kazi gasaba ubunyangamugayo n'ubushishozi.

 Abakora uyu mwuga bavuga ko menshi mu makosa bakora usanga ahanini aturuka ku miterere y'umuntu ku giti cye.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu