Yanditswe Dec, 05 2017 21:48 PM | 4,490 Views
Urwego
rw'abanyamakuru bigenzura (RMC) ruratangaza ko rugiye gukora inyandiko
ikubiyemo ibitekerezo by'abanyamakuru ikazashyikirizwa komisiyo ya politiki,
uburinganire n'ubwuzuzanye mu iterambere y'igihugu mu nteko ishinga amategeko,
kugira ngo zimwe mu ngingo zigize itegeko rihana ibyaha mu Rwanda ririmo
kunononsorwa n'iyo komisiyo ritazahungabanya uburenganzira bw'itangazamakuru.
Ibyo ubuyobozi bwa RMC bwabitangarije mu kiganiro nyunguranabitekerezo n'abanyamakuru ku ngingo zimwe na zimwe ziri muri uwo mushinga w'itegeko.
Inkuru mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru