AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

RDF yatangaje bimwe mu byagezweho muri gahunda ya Army Week 2017

Yanditswe Jun, 06 2017 13:25 PM | 3,255 Views



Mu kiganiro n'abanyamakuru, ministeri y'ingabo yashyize ahagaragara umusaruro umaze kuva mu bikorwa bya Army week 2017 bimaze ukwezi bitangiye. Umuvugizi w'ingabo yagaragaje ko nko mu birebana n'ubuvuzi bwahawe abaturage nta kiguzi.

 Abarwayi bagera ku 5,172 babazwe amagufwa, abagera ku bihumbi 13,858 bavuwe amenyo naho abagera ku bihumbi 16, 728 bavuwe amaso.

Mu birebana n'ibikorwa remezo hubatswe ibiraro bigera kuri 219, amazu 2,359 yubakiwe abatishoboye hakozwe n'imihanda ifite uburebure bwa kilometero 135Km. 

Ministeri y'ingabo ivuga ko ibikorwa bya Army week bigamije imibereho myiza y'abaturage. Iby' uyu mwaka wa 2017 bikaba biteganijwe ko bizasozwa mu kwezi kwa 7 uyu mwaka.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura