AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

RBC irakangurira abaturage kwipimisha igituntu kidafata ibihaha

Yanditswe Nov, 22 2016 11:12 AM | 1,508 Views



Mu gihe bamwe mu baturage bo mu Rwanda batarasobanukira n'indwara y'igituntu kidafata ibihaha, [ExtraPulmonary Tuberculosis], hakaba n'abacyitiranya n'amarozi,  Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima RBC kiravuga ko iyo ndwara ihari kandi kigakangurira  abantu kwipimisha hakiri kare mu gihe bumvise ibimenyetso birimo kunanuka, kubira ibyuya nijoro, no kugira umuriro, kuko ari indwara ivurwa igakira.

Ibi ni ibyatangajwe na Dr Patrick Migambi, Umuyobozi w'ishami rishinzwe kurwanya igituntu ndetse n'izindi ndwara zifata mu myanya y'ubuhumekero mu kigo RBC.

Inkuru irambuye mu mashusho:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize