Yanditswe Mar, 04 2017 16:36 PM | 2,058 Views
Abayobozi bakuru ba Polisi za Tanzania n'u Rwanda baratangaza ko izi nzego zombi z'umutekano muri ibi bihugu zigiye kurushaho gufatanya mu bikorwa bigamije kurengera umutekano w'abaturage babyo.
Ibi bamaze kubitangariza ku Rusumo ku mupaka w'ibihugu byombi aho banagiranye
ibiganiro byihariye ku mikoranire yabo.
Yakira mugenzi we wa Tanzania umuyobozi mukuru wa polisi y'u Rwanda CG Emmanuel Gasana yavuze ko yifuza ko ubu bufatanye bwarushaho gutera imbere nyuma y'igihe cy'imyaka igera kuri 5 hasinywe amasezerano y'ubwo bufatanye.
Ku rundi ruhande ariko umuyobozi mukuru wa polisi ya Tanzania Ernest Mangu we yemeje ko ubushake bwo gufatanya buhari ariko yemera ko kuba hatarabayeho uku gufatanya mu myaka micye ishije byatewe n'imbogamizi zitandukanye.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru