AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Polisi y'u Rwanda na Tanzania basinyanye amasezerano y'ubufatanye mu mutekano

Yanditswe Mar, 04 2017 16:36 PM | 2,058 Views



Abayobozi bakuru ba Polisi za Tanzania n'u Rwanda baratangaza ko izi nzego zombi z'umutekano muri ibi  bihugu zigiye kurushaho gufatanya mu bikorwa bigamije kurengera umutekano w'abaturage babyo. 

Ibi bamaze kubitangariza ku Rusumo ku mupaka w'ibihugu byombi aho banagiranye ibiganiro byihariye ku mikoranire yabo.

Yakira mugenzi we wa Tanzania umuyobozi mukuru wa polisi y'u Rwanda CG Emmanuel Gasana yavuze ko yifuza ko ubu bufatanye bwarushaho gutera imbere nyuma y'igihe cy'imyaka igera kuri 5 hasinywe amasezerano y'ubwo bufatanye.

Ku rundi ruhande ariko umuyobozi mukuru wa polisi ya Tanzania Ernest Mangu we yemeje ko ubushake bwo gufatanya buhari ariko yemera ko kuba hatarabayeho uku gufatanya mu myaka micye ishije byatewe n'imbogamizi zitandukanye.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura