AGEZWEHO

  • Ababyeyi basizwe iheruheru na Jenoside barashima uko bakomeje gufashwa kwiyubaka – Soma inkuru...
  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...

Polisi yafatiye Abarundi 12 mu Rwanda berekezwa muri Asia mu bikorwa by'icuruzwa

Yanditswe Jan, 23 2017 20:45 PM | 2,367 Views



Polisi y'u Rwanda iravuga ko iherutse gufata abarundi 12 binjizwa ku mupaka w'u Rwanda bajyanwe mu bikorwa by'icuruzwa ry'abantu ku mugabane wa Asia babanje kuca muri Uganda. Bamwe mubo polisi yafashe bari bajyanywe bashima polisi y'u Rwanda yabatabaye.

Abo bantu bari bavanywe mu burundi na mugenzi wabo agiye kubashyikiriza abanyakenya 2 ngo babajyane muri Asia baciye muri Uganda kuko ngo ariho babapimira bakareba uko ubuzima bwabo buhagaze mbere yo kugenda. Abagore 10 umukobwa umwe ndetse n'umugabo 1 niba bari bajyanwe muri Asia aho bavuga ko ubushomeri bwari bubarembeje bityo bakemera kujya gushakirwa kazi ku mugabane wa Asia.

Bivugwa ko abajyana abantu mu bikorwa by'icuruzwa ry'abantu ahanini baba babajyanye mu bikorwa by'urukozasoni nk'ubusambanyi, imirimo y'agahato ndetse no kuvanywamo zimwe mu ngingo zabo zigahabwa abandi baba bazikeneye kuko izabo ziba zararwaye.

Inkuru irambuye mu mashusho:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira