Yanditswe May, 08 2017 14:51 PM | 2,106 Views
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko 75% by’ibyibwe mu mezi 8 ashize byagarujwe kubera ingufu zashyizwe mu guhangana n'iki kibazo. Ibyibwe biri mu bwoko 54 birimo za mudasobwa, amaterefoni, za tereviziyo, Ipad, na radiyo.
Mu bindi byafashwe byari byaribwe harimo ibyuma bifotora impapuro n’ibindi byifashishwa mu kwerekana inyandiko n’amashusho, moto n’ibindi.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege, avuga ko n’ubwo imibare y’ubujura idakanganye, icy’ingenzi ari uko hatabaho icyaha na kimwe cyaba icy’ubujura cyangwa se ikindi. Ikigamijwe ngo ni uko byagabanyuka ku buryo bugaragara ku rwego rwo hasi rushoboka.
Imibare yo muri Polisi y’u Rwanda ikomeza yerekana ko ubu ku munsi habarurwa ibirego bibiri by’ubujura mu gihe mbere hakirwaga ibirego bitanu.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru