AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Polise y'u Rwanda ikomeje gufata ibikoresho byibwe ikabisubiza banyirabyo

Yanditswe May, 08 2017 14:51 PM | 2,106 Views



Polisi y’u Rwanda iratangaza ko 75% by’ibyibwe mu mezi 8 ashize byagarujwe kubera ingufu zashyizwe mu guhangana n'iki kibazo. Ibyibwe biri mu bwoko 54 birimo za mudasobwa, amaterefoni, za tereviziyo, Ipad, na radiyo.

Mu bindi byafashwe byari byaribwe harimo ibyuma bifotora impapuro n’ibindi byifashishwa mu kwerekana inyandiko n’amashusho, moto n’ibindi.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Theos Badege, avuga ko n’ubwo imibare y’ubujura idakanganye, icy’ingenzi ari uko hatabaho icyaha na kimwe cyaba icy’ubujura cyangwa se ikindi. Ikigamijwe ngo ni uko byagabanyuka ku buryo bugaragara ku rwego rwo hasi rushoboka.  

Imibare yo muri Polisi y’u Rwanda ikomeza yerekana ko ubu ku munsi habarurwa ibirego bibiri by’ubujura mu gihe mbere hakirwaga ibirego bitanu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize