Yanditswe Mar, 07 2017 17:21 PM | 1,629 Views
Ambasaderi wa Maroc mu Rwanda Youssef Imani yatangaje ko imishinga ibihugu byombi byemeje mu masezerano yasinyiwe i Kigali mu ruzinduko rw'umwami w'iki gihugu, kuri ubu hari iyatangiye gushyirwa mu bikorwa. Ibi yabivuze nyuma yo kwakirwa na Perezida wa Sena Bernard Makuza.
Ambasaderi YOUSSEF IMANI yavuze ko hari imishinga ikubiye mu masezerano 25 y'ubufatanye yasinyiwe i Kigali ubwo umwami wa Maroc Muhammed VI yasuraga u Rwanda, mu kwakira 2016, yatangiye gushyirwa mu bikorwa.
Perezida wa sena Bernard Makuza, yatangaje ko inteko zishinga amategeko z'ibi bihugu zizatanga umusanzu mu ishyirwa mu bikorwa ry'imishinga ihuriweho n'ibi bihugu.
Maroc nayo ifite umutwe w'abadepite na sena, Perezida wa Sena Bernard MAKUZA akaba asanga hari byinshi ibi bihugu byafatanyamo, ndetse ngo sena ya Maroc yatumiye iy'u Rwanda kugira ngo bashimangire umubano w'impande zombi.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru