AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida wa Sena Bernard Makuza yakiriye ambasaderi wa Maroc mu Rwanda

Yanditswe Mar, 07 2017 17:21 PM | 1,629 Views



Ambasaderi wa Maroc mu Rwanda Youssef Imani yatangaje ko imishinga ibihugu byombi byemeje mu masezerano yasinyiwe i Kigali mu ruzinduko rw'umwami w'iki gihugu, kuri ubu hari iyatangiye gushyirwa mu bikorwa. Ibi yabivuze nyuma yo kwakirwa na Perezida wa Sena Bernard Makuza. 

Ambasaderi YOUSSEF IMANI yavuze ko hari imishinga ikubiye mu masezerano 25 y'ubufatanye yasinyiwe i Kigali ubwo umwami wa Maroc Muhammed VI yasuraga u Rwanda, mu kwakira 2016, yatangiye gushyirwa mu bikorwa.

Perezida wa sena Bernard Makuza, yatangaje ko inteko zishinga amategeko z'ibi bihugu zizatanga umusanzu mu ishyirwa mu bikorwa ry'imishinga ihuriweho n'ibi bihugu. 

Maroc nayo ifite umutwe w'abadepite na sena, Perezida wa Sena Bernard MAKUZA akaba asanga hari byinshi ibi bihugu byafatanyamo, ndetse ngo sena ya Maroc yatumiye iy'u Rwanda kugira ngo bashimangire umubano w'impande zombi.

Inkuru mu mashusho:


Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura