Yanditswe May, 17 2016 10:58 AM | 3,453 Views
Perezida wa
Republika Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere yabonanye n’abavuga
rikumvikana bo mu turere 7 tugize intara y’ Uburengerazuba, abasaba kubyaza
umusaruro amahirwe menshi aboneka muri iyi ntara arimo n’amashanyarazi agenda
yiyongera.
Ingero zihari ni uruganda rw’amashanyarazi akomoka kuri gaz methane Perezida wa Repubulika yatashye ku mugaragaro kuri uyu wa mbere.
Umukuru w'igihugu yasabye abatuye intara y’I burengerazuba kuyabyaza umusaruro mu rwego rw’ishoramali ariko cyane cyane inganda zikora ibintu bitandukanye:
Perezida wa republika Paul Kagame yasabye kandi guhindura imyumvire, abanyarwanda bakumva ko hari ibyo nabo bashobora kwikorera, aho gutakaza amafaranga menshi babitumiza hanze:
Mu mahirwe aboneka mu ntara y’I burengerazuba, Perezida wa Repubulika yagarutse ku ikawa nyishi ihera kandi ikunzwe cyane ku isoko mpuzamahanga, agaruka no ku muhanda wa kabulimbo wenda kuzura uhuza akarere ka Rusizi na Rubavu unyuze I karongi na Rutsiro, asaba ko wakoreshwa mu iterambere no gukura abaturage mu bukene.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
4 hours
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
5 hours
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
5 hours
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru