AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

Perezida Paul Kagame azitabira inama ya 72 y'Umuryango w'Abibumbye i New York

Yanditswe Sep, 18 2017 13:37 PM | 3,432 Views



Inteko rusange y’Umuryango w'Abibumbye irateganya gutangira imirimo yayo kuri uyu wa kabiri I New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikaba  izaganira ku ngingo zitandukanye cyane cyane harimo ijyanye no gukora amavugurura adasanzwe mu mikorere ya Loni.

Harimo kureba umutekano uko uhagaze ku isi ndetse no kugenzura aho buri gihugu kigeze gishyira mu bikorwa ingamba zo guhashya burundu indwara ya malaria.

Iyi nama yitabiriwe na Perezida wa Republika Paul Kagame munsi w’ejo yarayoboye inama ya 14 ya komisiyo y'umuyoboro mugari wa internet.

Perezida Kagame yashimye akazi kamaze gukorwa n'ubwo yemeza ko habayemo ingorane, ariko yemeza ko iyi komisiyo yafashije mu gukemura ibibazo byari byihariye birebana n'ikoranabuhanga ndetse n'imiyoborere.

Yagize ati, "twagiye tubona raporo zikoze neza, zuzuyemo ubushakashatsi, zakozwe n'abantu bafite ubuhanga n'ingufu."

Yatangaje ko abakoresha umuyoboro mugari wa internet bakwiriye gukangurirwa kugirwa kugira urubuga rufasha kubona ibisubizo biboneye buri wese ku bibazo bikibangamiye ikoreshwa ry'uyu muyoboro mugari



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu