Yanditswe Nov, 01 2017 14:06 PM | 5,616 Views
Perezida wa Republika Paul Kagame, ari i Dubai mu bihugu
byiyunze by'abarabu, aho yitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b'ibihugu ku
bucuruzi Afrika ikorana n'indi migabane y'isi.
Mu kiganiro yatangiye muri iri huriro, Perezida Paul Kagame yagarutse ku miyoborere aho yasobanuye ko iyo abaturage biyumva mu byo ubuyobozi bubagezaho iyo miyoborere iba inoze.
Yagaragaje ko amateka agaragaza ko Afrika yaciwemo ibice bituma
idatera imbere uko bikwiriye.
Iki kiganiro cyayobowe n'umunyamakuru wa CNN John Defterios cyibanze no ku kwihuza kw'ibihugu bihereye mu turere biherereyemo. Nyuma yacyo perezida Kagame yanasuye imurika ry'ibikoresho bijyanye n'imyigishirize izaba igezweho mu mwaka w'2020.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru