AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye inama ku bufatanye hagati ya Afrika n'Uburayi

Yanditswe Nov, 29 2017 15:35 PM | 4,645 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame  ari i Abidjan muri Cote d’Ivoire aho yitabiriye inama ya gatanu ihuza Afrika n’u Burayi. Iyi  nama y’iminsi ibiri yatangiye imirimo yayo kuri uyu wa gatatu.

Byitezwe ko yitabirwa n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma barenga 80 n’abandi bantu babarirwa mu bihumbi  bitanu baturutse mu bihugu byose bigize umuryango w’Afrika yunze ubumwe  no mu bindi 28 by’ubumwe bw’u Burayi. Muri iyi nama haraganirwa ku ngingo zirebana n’ibibazo by’abimukira n’umutekano.

Ku bijyanye n’iyi nama ibera muri Cote d’Ivoire, mu nama y’umuryango w’Afrika yunze ubumwe yabereye i Kigali mu Rwanda muri Nyakanga 2016,  niho hemerejwe ko iki gihugu cya Cote d’Ivoire kizakira inama ya gatanu ihuza Afrika yunze ubumwe n’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.

Inama ya mbere ihuza u Burayi n’Afrika yatangiye mu mwaka wa 2000, ibera i Cairo mu Misiri. Ubusanzwe iyi nama iba nyuma ya buri myaka itatu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura