Yanditswe Dec, 17 2018 21:00 PM | 32,500 Views
Perezida wa Repubulika
Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’umuryango w’Afrika yunze ubumwe yamaze kugera i
Vienna muri Austria, ahazabera ku munsi w’ejo inama yo ku rwego rwo hejuru
izahuza u Burayi na Afrika.
Perezida Kagame akazafatanya n’umukuru wa guverinoma ya Austria, Chancellor Sebastian Kurz unayobora muri iki gihe Perezidansi y’inama y’umuryango w’ubumwe bw’u Burayi.
Iyi nama yo kuri uyu wa kabiri ifite insanganyamatsiko igaruka ku bufatanye mu gihe ikoranabuhanga rikataje. Izibanda ku kugaragagaza amahirwe ari mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga nk'uburyo bwo koroshya ubufatanye n'uburumbuke ku migabane yombi.
Ni inama yitabirwa n’abakuru b’ibihugu na za guverinoma zitandukanye ku mugabane wa Afrika n’Uburayi, abayobozi b’ibigo mpuzamahanga by’ubucuruzi ndetse n’abandi bayobozi bayobora inzego zifata ibyemezo mu bigo n’inzego za leta cyangwa iz’abikorera.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru