AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

Perezida Kagame yatanze ubutumwa ku munsi w'intwari abinyujije kuri Twitter

Yanditswe Feb, 02 2017 12:20 PM | 1,511 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame aratangaza ko urugero intwari z'u Rwanda zasize, rutera abanyarwanda imbaraga rukanabaha icyerekezo kibabereye.

Ni mu butumwa yacishije ku rukuta rwa twitter bujyanye n'umunsi w'intwari abanyarwanda bizihije kuri uyu wa gatatu tariki ya 1 Gashyantare.

Muri ubu butumwa yagize ati: Turaha icyubahiro abemeye gupfira indangagaciro zitugira Abanyarwanda. Urugero badusigiye ruduha imbaraga n'icyerekezo bitubereye.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira