Yanditswe Jan, 11 2018 14:53 PM | 5,390 Views
Perezida
wa Republika Paul Kagame yaraye yakiriye mu biro bye Benjamin Mkapa, umwe mu
bayobozi b’inama y’ubutegetsi y’ikigo nyafrika kibungabunga
inyamaswa zo mu gasozi (Africa Wildlife Foundation).
Nk’uko byagaragaye kuri konte ya Twitter y’ibiro by’umukuru w’igihugu-Village Urugwiro, Benjamin Mkapa yari kumwe na Kaddu Sebunya, perezida w’iki kigo nyafrika kibungabunga inyamaswa zo mu gasozi. Hari kandi n’Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugucy’Iterambere RDB Clare Akamanzi.
Aba bayobozi bose uko ari batatu bari bavuye mu gikorwa cyo gushyikiriza u Rwanda ubutaka bwo kwaguriraho Pariki y’Ibirunga, izwiho kuba icumbi ry’ingagi zo mu misozi miremire.
Iki gikorwa kikaba cyarabeye mu Kinigi, mu karere ka Musanze.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru