AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye urubyiruko ruhuriye mu muryango wa 'Young Presidents'

Yanditswe Nov, 18 2016 18:02 PM | 867 Views



Prezida wa repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi b'amasosiyete atandukanye bakiri bato ku isi (Young Presidents Organization) barimo gusura u Rwanda. Abagize iri tsinda baravuga ko hari imishinga myinshi cyane cyane ishamikiye ku kwegereza abaturage amashanyarazi bagomba kugiramo uruhare kdi ngo hari n'amahirwe menshi y'ishoramari ari mu Rwanda.

Itsinda rya bamwe mu bagize ry'abayobozi rigizwe n'abantu 17 baturutse hirya no hino bmu bihugu bitandukanye birimo leta zunze ubumwe za amerika, Israel, Hongkong, Ecosse, Austarlia n'ibindi. Yariv Kohen uyoboye iri tsinda asobanura ko impamvu nyamukuru y'urugendo rwabo ari ukureba amahirwe ari mu Rwanda dore ko abenshi ari ubwa mbere bahageze.

Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere/RDB Francis Gatare wari kumwe n'aba bashoramari mu nzego zinyuranye avuga ko hari byinshi abagize iri tsinda bemereye prezida wa repubulika bifuza gukorera mu Rwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize