Yanditswe Nov, 18 2016 18:02 PM | 867 Views
Prezida wa repubulika Paul Kagame yakiriye itsinda ry'abayobozi b'amasosiyete atandukanye bakiri bato ku isi (Young Presidents Organization) barimo gusura u Rwanda. Abagize iri tsinda baravuga ko hari imishinga myinshi cyane cyane ishamikiye ku kwegereza abaturage amashanyarazi bagomba kugiramo uruhare kdi ngo hari n'amahirwe menshi y'ishoramari ari mu Rwanda.
Itsinda rya bamwe mu bagize ry'abayobozi rigizwe n'abantu 17 baturutse hirya no hino bmu bihugu bitandukanye birimo leta zunze ubumwe za amerika, Israel, Hongkong, Ecosse, Austarlia n'ibindi. Yariv Kohen uyoboye iri tsinda asobanura ko impamvu nyamukuru y'urugendo rwabo ari ukureba amahirwe ari mu Rwanda dore ko abenshi ari ubwa mbere bahageze.
Umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'iterambere/RDB Francis Gatare wari kumwe n'aba bashoramari mu nzego zinyuranye avuga ko hari byinshi abagize iri tsinda bemereye prezida wa repubulika bifuza gukorera mu Rwanda.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru