Yanditswe Jun, 24 2016 09:18 AM | 952 Views
Kigali- Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuri uyu wa kane yakiriye muri village Urugwiro Subra Suresh prezida wa kaminuza ya Canergie Mellon imaze imyaka ine ikorera mu Rwanda. Uyu muyobozi yavuze ko atewe ishema no kuba abarangije muri iyi kaminuza bamaze guteza imbere siyansi n'ikorabuhanga mu Rwanda bityo agahamya ko abanyarwanda bazakomeza kungukira muri ubu bufatanye.
Reba inkuru yose:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru