Yanditswe Jan, 16 2018 22:18 PM | 8,996 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame aratangaza ko u Rwanda rushyize mu gihe ruyoboye umuryango w' Ubumwe bwa Afrika rushyira imbaraga mu kwishyira hamwe kw' ibuhugu bigize uyu mugabane.
Ibi yabigarutseho kuri uyu wa Kabiri ubwo yakiraga Abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ndetse n'imiryango mpuzamahanga. Perezida Kagame yabahaye ikaze mu Rwanda cyane cyane abahagarariye ibihugu byabo bari bitabiriye uyu muhango ku nshuro ya mbere anagaragaza ko umwaka ushize wabaye mwiza ku gihugu.
Uwavuze mu izina ry'abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda John Mwangemi uturuka muri Kenya yabanje gushimira Perezida Kagame watsinze amatora y'umukuru w'igihugu ndetse n'uburyo abanyarwanda bayitwayemo neza anizeza ko bazakomeza gukoreana neza n'u Rwanda.
Perezida wa Repubulika yanakomoje ku kibazo cy'abimukira bari muri Libya avuga ko u Rwanda rwiteguye kwakira ababishaka bose, ari abashaka kuza, ndetse n'abifuza kuhanyura mbere yo gusubira mu bihugu byabo.
Yongeyeho u Rwanda
rutazahwema gukorana n'Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, Leta zitandukanye,
n'imiryango mpuzamahanga mu gushakira umuti iki kibazo.
Inkuru irambuye mu mashusho
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru