AGEZWEHO

  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...
  • Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda? – Soma inkuru...

Perezida Kagame yakiriye itsinda ry'aba Nigeria basozaga uruzinduko rw'iminsi 2

Yanditswe Jan, 26 2017 22:49 PM | 1,437 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame yakiriye mu biro bye itsinda ry'abanya Nigeria basozaga uruzinduko rw'iminsi 2 bari bamazemo mu Rwanda. Ministre w'itumanaho muri Nigeria, Adebayo Abdul-Raheem Shittu, uyoboye iri tsinda yatangaje ko asanga hari ibyo igihugu cye ndetse n'ibindi bya Afrika byakwigira ku Rwanda nk'ikoranabuhanga n'imiyoborere myiza.

Ministre w'urubyiruko n'ikoranabuhanga w'u Rwanda Jean Philbert Nsengimana asanga uruzinduko nk'uru rufasha mu guhanahana ubumenyi ariko anongeraho ko nta cyashoboka hatabayeho ubufatanye bw'ibihugu .

Nigeria isanzwe ifitanye umubano ukomeye n'u Rwanda kuko ibihugu byombi bifite ababihagarariye. Byongeye kandi u Rwanda rwohereza buri mwaka muri Nigeria abanyeshuri bajya kwiga mu mashami atandukanye. Iri tsinda ryasuye ibigo by'ikoranabuhanga binyuranye ndetse n'urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali.

Inkuru mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama