Yanditswe Oct, 24 2016 17:21 PM | 1,621 Views
Perezida wa Republika Paul Kagame yageze i Maputo muri Mozambique aho yatangiye uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ibiri.
Ministre w'ububanyi n'amahanga Louise Mushikiwabo abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yasobanuye ko muri uru ruzinduko ibizaganirwaho ari ubufatanye bw'ibihugu byombi mu nzego zitandukanye zirimo ubuhinzi, uburobyi, ibikorwa remezo, ubutabera n’izindi.
Ministre Mushikiwabo nawe uri muri Mozambique yasobanuye ko we yaraye abonanye n'abanyarwanda baba i Maputo, umurwa mukuru wa Mozambique.
Biteganyijwe kandi ko ejo ku wa kabiri perezida Kagame azatanga ikiganiro kizibanda ku ruhare rw’abikorera mu Rwanda mu iterambere ry’igihugu.
Ni ikiganiro kizitabirwa n’abantu batandukanye barimo ba rwiyemezamirimo, abarimu n’abashakashatsi, abanyeshuri ndetse n’abanyamakuru.
Mozambique ishima umuvuduko w’u Rwanda mu iterambere, aho rukomeje kwiyubaka mu bukungu rushingiye ku buhinzi, inganda na serivisi.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru