AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n'abanyamakuru ba Rwanda Broadcasting Agency

Yanditswe Jun, 26 2017 16:23 PM | 4,134 Views



Impuguke mu mateka, abanyamakuru ndetse n'abaturage baratangaza ko ikiganiro gifunguye Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yagiranye na RBA ari ikimenyetso simusiga kigaragaza ubwisanzure bw'abanyarwanda mu gutanga ibitekerezo

Uretse ku mbuga nkoranyambaga kandi, abanyarwanda bo hirya no hino mu gihugu no mu mahanga, bagize uruhare muri iki kiganiro babaza ibibazo ndetse banatanga ibitekerezo.

Jean Francois MUNYAKAYANZA, umwarimu muri kaminuza nkuru y'u Rwanda, avuga ko uburyo abaturage n'itangazamakuru bagize uruhare muri iki kiganiro, ari ikimenyetso simusiga kigaragaza ubwisanzure bw'abanyarwanda mu gutanga ibitekerezo,

Uretse muri iki kiganiro, ubusanzwe Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME, yakira ibibazo n'ibitekerezo by'abaturage mu ngendo agirira hirya no hino mu turere, mugihe abanyamakuru bo abagenera umwanya mu mpera z'ukwezi.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage