Yanditswe Dec, 04 2016 17:05 PM | 4,520 Views
Mu birori byo kwifuriza abana Noheri nziza n'umwaka mushya muhire ,kuri iki Cyumweru Perezida wa Republika Paul Kagame yashimangiye ko iterambere ry'u Rwanda rigomba kubakira ku muco n'uburere mbonera.
Mu birori ngarukamwaka bigamije kubifiriza Noheri nziza n'Umwaka mushya muhire,abana bari hagati y'imyaka 6 na 12 beretse umukuru w'igihugu na Madamu we Jeannette Kagame impano bifite ziganjemo izishingiye ku buvanganzo nyarwanda nk'imivugo,kuvuga amahamba n'amazina y'inka.
Inkuru yose mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru