Yanditswe Jun, 12 2017 22:48 PM | 2,596 Views
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama y’umuryango w’ibihugu 20 bikize ku isi (G20), iri kubera mu Budage yiga ku hazaza ha Afurika.
Iyi nama yiswe ‘G20 Africa Partnership-Investing in a Common Future’ yatangijwe tariki 12 Berlin mu Budage ikaba igamije kureba no kugaragaza amahirwe ari mu ishoramari mu bijyanye n'ibikorwaremezo muri Afurika.
G20 igizwe n’ibihugu 19, birimo Argentina, Australia, Brazil, Canada, u Bushinwa, u Bufaransa, u Budage, u Buhinde, Indonesia, u Butaliyani, u Buyapani, Mexico, u Burusiya, Arabia Saudite, Afurika y’Epfo, Koreya y’Epfo , Turukiya, u Bwongereza, Leta Zunze Ubumwe za Amerika na EU.
Inkuru mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru