AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame aritabira inama ku bukungu I Davos mu Busuwisi

Yanditswe Jan, 22 2018 18:39 PM | 5,938 Views



Birateganywa ko Perezida Kagame kuri wa kabiri azitabira inama ngarukamwaka y'ihuriro ryiga ku bukungu bw’isi, ibera I Davos mu Busuwisi. Iyi nama izwi nka 'World Economic Forum' iraba iteranye ku nshuro ya 48, aho izitabirwa n’abakuru b’ibihugu babarirwa muri 70.

Abitabira iyi nama bose hamwe bo bagera ku bihumbi 3 barimo abakuru b’ibihugu, abahagarariye za leta n’abikorera, baganira ku bibazo byugarije ubukungu, umutekano muke ukomeje kwiyongera hirya no hino bikadindiza umuvuduko w’ubukungu, imihindagurikire y’ikirere, ikoranabuhanga, kwihaza mu biribwa n’ibindi.

Iyi nama y’i Davos izasozwa ku ya 26 z’uku kwezi kwa mbere.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage