Yanditswe Mar, 07 2017 22:35 PM | 1,525 Views
Perezida wa republika Paul Kagame ari mu gihugu cy'u Bwongereza aho kuri uyu mugoroba wo kuwa kabiri yagiranye ikiganiro n'ikinyamakuru 'The wall Street Journal' cyandika ku nkuru z'ubukungu n'amasoko y'imali n'imigabane.
Iki kiganiro cyari gifite insanyamatsiko igira iti: Investing in AfriCa: Africa's past and future, bivuze ngo gushora imari muri Afrika: ejo hashize n'ahazaza ha Afrika.
Ni ikiganiro cyayobowe n'umunyamakuru w'inararibonye Gerard Baker.
Perezida Kagame yamusobanuriye uko abona ishoramari kuri uyu mugabane, aho yagaragaje ko wakagombye kuba warakuye amasomo mu gutegera amaboko amahanga, kuko nta cyo byayigejejeho.
Yemeza ko Afrika ikwiye kurushaho kwishyira hamwe, kandi ikabyaza umusaruro umutungo kamere ifite ndetse n'imbaraga z'abayituye.
Perezida Kagame yakiriwe n'imbaga y'abanyarwanda batuye mu bwongereza, aho batonze imirongo ku mihanda n'ibyapa byanditse amagambo ashyigikira umukuru w'igihugu.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru