AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Perezida Kagame ari mu Bwongereza mu nama ya Wall Street Journal kuri Afurika

Yanditswe Mar, 07 2017 22:35 PM | 1,525 Views



Perezida wa republika Paul Kagame ari mu gihugu cy'u Bwongereza aho kuri uyu mugoroba wo kuwa kabiri yagiranye ikiganiro n'ikinyamakuru 'The wall Street Journal' cyandika ku nkuru z'ubukungu n'amasoko y'imali n'imigabane.

Iki kiganiro cyari gifite insanyamatsiko igira iti: Investing in AfriCa: Africa's past and future, bivuze ngo gushora imari muri Afrika: ejo hashize n'ahazaza ha Afrika.

Ni ikiganiro cyayobowe n'umunyamakuru w'inararibonye Gerard Baker.

Perezida Kagame yamusobanuriye uko abona ishoramari kuri uyu mugabane, aho yagaragaje ko wakagombye kuba warakuye amasomo mu gutegera amaboko amahanga, kuko nta cyo byayigejejeho.

 Yemeza ko Afrika ikwiye kurushaho kwishyira hamwe, kandi ikabyaza umusaruro umutungo kamere ifite ndetse n'imbaraga z'abayituye. 

Perezida Kagame yakiriwe n'imbaga y'abanyarwanda batuye mu bwongereza, aho batonze imirongo ku mihanda n'ibyapa byanditse amagambo ashyigikira umukuru w'igihugu.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura