AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

PAC yanenze uko MINISANTE ndetse n'ibitaro bitandukanye bikoresha amafaranga

Yanditswe Sep, 27 2016 16:27 PM | 1,388 Views



Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo bya Leta yumvise abayobozi ba Minisiteri y'ubuzima. Ikaba yaranenze imikoranire itanoze n’inzego ziyishamikiyeho ndetse n’igenamigambi ridahwitse byahaye icyuho imikoreshereze mibi ya miliyoni zisaga 80 zidafitiwe ibisobanuro.

Isobanura ko muri raporo y'umugenzuzi mukuru w'imari ya Leta hatunzwe agatoki ibitaro bya Kibiririzi, ibya Ruhango n'ibya Muhororo. Hose havugwa amafaranga yagiye akoreshwa ibyo atari agenewe, abayobozi n'abakozi b'ibyo bitaro bagiye banyereza amafaranga, abandi bagatoroka ubutabera, ibikoresho byagiye bigurwa mu bitaro ntibikoreshwe, inyubako zagiye zisenyuka zikirangira kubakwa n'ibindi.

Umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y'ubuzima Jean Pirre Nyemazi, yabwiye iyi komisiyo ko habayeho intege nke mu igenamigambi, imikoranire itanoze, ariko ko hari ibigiye gukosorwa.

Inkuru irambuye:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira