Yanditswe Jan, 31 2017 10:18 AM | 1,571 Views
Madamu Jeannette Kagame uri muri Ethiopia, kuri uyu wa kabiri aratanga ikiganiro mu nama ya 18 y’Umuryango w’abafasha b’abakuru b’ibihugu bya Afurika urwanya Sida, OAFLA, inama iteganyijwe kuri uyu wa kabiri i Addis Ababa ahanateraniye inama ya 28 y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe.
Itangazo ry’Ibiro bya Madamu Jeannette Kagame rigaragaza ko iyi nama ari umwanya wo gusuzuma ibyagezweho n’uyu muryango ndetse hakanarebwa icyakorwa n’ahakongerwa imbaraga kugirango uyu muryango urusheho kugera ku ntego zawo.
Iyi nama, iraba n’umwanya wo kwizihiza imyaka 15 umaze ushinzwe, ku nsanganyamatsiko igira iti “Kubakira ku myaka 15 duharanira gukomeza amahirwe y’urubyiruko rwa Afurika binyuze mu guteza imbere ibyifuzo by’abangavu no kubafasha kugera ku buvuzi bubanogeye
Ku munsi w’ejo Madamu Jeannette Kagame akaba yari yitabiriye inama nk’iyi yabaye mu muhezo iyobowe na Madamu wa Perezida wa Malawi, Gertrude Mutharika. Yari kumwe na bagenzi be bo muri Tchad, Equatorial Guinea, Ethiopia, Malawi, Niger, Comoros, Namibia, Afurika y’Epfo na Sierra Leone.
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Haba hari umuti urambye wa gatanya zishingiye ku mitungo?
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu ba Kaminuza ya Stanford
Mar 26, 2024
Soma inkuru