Yanditswe Apr, 20 2016 19:19 PM | 6,583 Views
Umusore Twahirwa
Dieudonne nyuma yo kwiga kaminuza, yagiye mu buhinzi. Kuri ubu arahinga
urusenda kuri ha ebyiri i Gashora mu Bugesera aho arimo gukoresha abakozi
basaga 20.
Twahirwa
Dieudonne unazwi ku izina rya Diego, uwamubona yigendera ku igare rye rya sport
wagira ngo ni umusore witemberera mu
mirambi ya Gashora. Ntabwo ari sport gusa, ahubwo iryo gare ni irimufasha kugera ku mirima ye y'urusenda iri ku kiyaga
cya Mirayi.
Mu gihe hari ababa bafite impungenge z’ ikirere cya Bugesera kirangwa n'imihindagurikire y'ikirere, izuba ryishyi , kuri Twahirwa ngo ni ikirere kiza gituma imboga ndetse n'imbuto byera vuba. Ikindi ngo kubera ibiyaga uvomerera igihe cyose areza by’umwihariko mu mpeshyi akabona isoko
Twahirwa, umusore
w’imyaka 28 y’amavuko afite icyerecyezo cyo kwagura ubuhinzi bwe bw'urusenda haba mu bwinshi ndetse no mu
bwiza akajya yohereza urusenda mu
mahanga dore ko ngo yamaze kubona isoko rutaramera.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru
Manzi Adeodate
Nanjye ndi umwe mu bahinzi babigize umwuga; gusa uyu musore akwiye kubera abandi urugero,ariko bigiye biba byiza mwajya muduha full contacts kugirango n'abakeneye gukora ingendoshuri babone uko bamugeraho. Diego abashije kubona ino comment namwisabira ko yampa full adress ze kuri madeodate2000@yahoo.fr bityo namuhuza n'urundi rubyiruko rwayobotse umurimo nk'uwe bityo tukabasha kwiteza imbere.Murakoze Jun 15, 2016