AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Nyuma yo kwiga kaminuza yatangiye guhinga urusenda

Yanditswe Apr, 20 2016 19:19 PM | 6,583 Views



Umusore Twahirwa Dieudonne nyuma yo kwiga kaminuza, yagiye mu buhinzi. Kuri ubu arahinga urusenda kuri ha ebyiri i Gashora mu Bugesera aho arimo gukoresha abakozi basaga 20.

Twahirwa Dieudonne unazwi ku izina rya Diego, uwamubona yigendera ku igare rye rya sport wagira ngo ni umusore witemberera mu mirambi ya Gashora. Ntabwo ari sport gusa, ahubwo iryo gare ni irimufasha  kugera ku mirima ye y'urusenda iri ku kiyaga cya Mirayi. 

Mu gihe hari ababa bafite impungenge z’ ikirere cya Bugesera kirangwa  n'imihindagurikire y'ikirere, izuba ryishyi , kuri Twahirwa ngo ni ikirere kiza gituma imboga  ndetse n'imbuto byera vuba. Ikindi ngo kubera ibiyaga uvomerera igihe cyose areza by’umwihariko mu mpeshyi akabona isoko

Twahirwa, umusore w’imyaka 28 y’amavuko afite icyerecyezo cyo kwagura ubuhinzi bwe  bw'urusenda haba mu bwinshi ndetse no mu bwiza  akajya yohereza urusenda mu mahanga dore ko ngo yamaze kubona isoko rutaramera.

Kanda hano urebe inkuru mu mashusho



Manzi Adeodate

Nanjye ndi umwe mu bahinzi babigize umwuga; gusa uyu musore akwiye kubera abandi urugero,ariko bigiye biba byiza mwajya muduha full contacts kugirango n'abakeneye gukora ingendoshuri babone uko bamugeraho. Diego abashije kubona ino comment namwisabira ko yampa full adress ze kuri madeodate2000@yahoo.fr bityo namuhuza n'urundi rubyiruko rwayobotse umurimo nk'uwe bityo tukabasha kwiteza imbere.Murakoze Jun 15, 2016


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage