Yanditswe Nov, 23 2017 19:51 PM | 6,694 Views
Imiryango 16 y'abatishoboye mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Karangazi yashyikirijwe inzu zo kubamo ndetse n'ibindi bikorwa remezo byose byuzuye bitwaye amafaranga asaga miliyari 1. Minisitiri w'ibikorwa remezo James Musoni yasabye aba baturage kubyaza umusaruro ibikorwa remezo bahawe.
Iyi miryango 16 yashyikirijwe izi nzu zo kubamo, ni abatishoboye bo mu cyiciro cya mbere cy'ubudehe ndetse n'abirukanwe mu gihugu cya Tanzania.
Minisitiri w'ibikorwa remezo James Musoni yasabye aba baturage gufata neza izi nzu, kandi ngo leta izakomeza no kubashyigikira muri gahunda zibavana mu bukene.
Uretse izi nzu 4 zubatswe mu buryo bwa '4 in 1' zahawe aba baturage, abatuye muri uyu murenge wa Karangazi mu mudugudu wa Rwabiharamba bahawe irerero, Inzu mberabyombi ndetse n'agakiriro byose byuzuye bitwaye amafaranga asaga miliyari 1 n'ibihumbi 800.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru