AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ngororero: Ingabo z'u Rwanda mu bikorwa byo kuvura abaturage indwara zo mu kanwa

Yanditswe Feb, 16 2017 15:15 PM | 2,035 Views



Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka Ngororero barishimira ubuvuzi ingabo z’u Rwanda zirimo kubaha zibasanze iwabo, bakaba bavuga ko kuba izi ngabo zarabarokoye zikabasubiza amahoro n’umutekano, bazitezeho no kubafasha kugira amagara mazima.

Lieutenant Colonel Rwema Frank, inzobere mu kuvura indwara zo mu kanwa, ariko  muri iki gihe akaba ashinzwe no kwegereza abaturage ibikorwa by’ubuvuzi muri gahunda ya ARMY WEEK, avuga ko mu Karere ka Ngororero hari abarwayi 909 barokotse Jenoside biteguye kwakira, kandi ngo hari icyizere ko bazabavura kuko mu minsi itatu iyi gahunda ya ARMY WEEK itangiye, bamaze kwakira abarwayi 174.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama