Yanditswe Feb, 16 2017 15:15 PM | 2,035 Views
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Karere ka
Ngororero barishimira ubuvuzi ingabo z’u Rwanda zirimo kubaha zibasanze iwabo, bakaba
bavuga ko kuba izi ngabo zarabarokoye zikabasubiza amahoro n’umutekano, bazitezeho
no kubafasha kugira amagara mazima.
Lieutenant Colonel Rwema Frank, inzobere mu kuvura indwara zo mu kanwa, ariko muri iki gihe akaba ashinzwe no kwegereza abaturage ibikorwa by’ubuvuzi muri gahunda ya ARMY WEEK, avuga ko mu Karere ka Ngororero hari abarwayi 909 barokotse Jenoside biteguye kwakira, kandi ngo hari icyizere ko bazabavura kuko mu minsi itatu iyi gahunda ya ARMY WEEK itangiye, bamaze kwakira abarwayi 174.
Inkuru mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru