AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Musanze: Ba mukerarugendo biyongera cyane iyo umuhango wo KWITIZINA wegereje

Yanditswe Aug, 31 2016 10:40 AM | 2,311 Views



Mu gihe hasigaye iminsi mike ngo abana Ingagi 22 bo muri PARIKI y’Ibirunga bitwe amazina imyiteguro y’uyu muhango irakomeje mu KINIGI ndetse no mu Karere wa MUSANZE muri rusange.Abatanga service zirimo ama Hotel  ngo nabo biteguye gutanga service inoze ku bashitsi bazaza babagana.

Iyo ugeze mu KINIGI ahazabera imihango yo kwita izina  abana b’Ingagi  22 usanga imyiteguro igeze kure bigaragarira mu nyubako zidasanzwe zihagaragara harimo n’amazu yubatse Kinyarwanda aho abazita izina bazaturuka bajya gukora uyu muhango uteganijwe taliki ya 02 NZERI uyu mwaka.

Ba mukerarugendo kandi muri iyi minsi hitegurwa KWITA izina abana b’Ingagi bari kwitabira gusura ingagi ari benshi baturutse mu bihugu bitandukanye ,abaganiriye na RBA bavuga ko basanzwe bazi ko u Rwanda ari igihugu cyiza aba  ni bamwe mu baturitse mu Bwongereza no muri Leta zunze ubumwe za Amerika:

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura