Yanditswe Jan, 03 2018 22:26 PM | 6,781 Views
Eugène Murangwa, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, akaba yaramenyekanye mu mupira w’amaguru nk’umuzamu wa Rayon Sport ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi yahawe mu mpera z’umwaka dusoje umudari w’ishimwe n’umwamikazi w’Ubwongereza Queen Elisabeth, umudari uzwi nka Member of the British Empire kubera ibikorwa by’indashyikirwa akomeje kugaragaza yaba mu Bwongereza ndetse na hano mu Rwanda harimo kumenyekanisha Jenoside yakorewe Abatutsi kubatayizi ndetse no gufasha bamwe mu bayirokotse.
Mu kiganiro yagiranye n'umunyamakuru wa RBA, Eddy Sabiti, Murangwa yavuze uko yabonye igihembo n'icyo yumva gisobanuye kuri we.
Ikiganiro kirambuye:
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
4 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
5 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru