Yanditswe May, 06 2016 10:05 AM | 3,839 Views
Polisi
y’ u Rwanda yataye muri yombi umukozi wa SACCO y’Umurenge wa Rugendabari
ho mu Karere ka Muhanga, akekwaho
kunyereza miliyoni 7 z’amafaranga y’u Rwanda.
Uyu mukozi usanzwe atanga amafaranga ku bagana Sacco, yafashwe ku italiki ya 4 Gicurasi nyuma y’uko umucungamari w’iyo Sacco atahuriye icyuho mu bitabo bimwe na bimwe yakoreshaga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo, CIP Andre Hakizimana yavuze ko nyuma yo kwakira ikirego, uyu mugabo yabaye afunzwe kugira ngo iperereza rikorwe neza.
CIP Hakizimana avugako iperereza ry’ibanze ryatumye hafatwa ibitabo by’ibihimbano byakoreshwaga n’uyu ukekwaho ibyaha, aho yandikaga amafaranga akurikiranyweho.
Yongeyeho kandi ko yari afite ibitabo bye ku ruhande yandikamo abakiliya babikije amafaranga, akaba nta handi hantu yajyaga abandika mu bitabo bisanzwe bya Sacco, kandi Polisi ikaba kuri ubu ibifite ku buryo bizafasha mu iperereza.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru