Yanditswe Jan, 09 2017 11:13 AM | 2,247 Views
Minisiteri y'uburezi yashyize ahagaragara amanota y'ibizamini by'abarangije amashuli abanza n'abarangije icyiciro rusange (tronc commun). Muri ibi byiciro byombi Abana b'abakobwa barushije abahungu ku buryo inota fatizo babashyiriragaho bimurwa mu byiciro byisumbuye ryavanyweho. Ubusanzwe abana b'abakobwa mu byiciro bajya mu mwaka wa 1 w’amashuri yisumbuye no mu mwaka wa kane batoranywaga bafatiye ku manota yo hasi ugereranyije n'abahungu.
Ku bijyanye n'imitsindire, abana bagize amanota yo ku rwego rubanza cg first division mu cyongereza bazamutseho 1% kuko umwaka ushize bari 10% none ubu ni 11% by'abarangije icyiciro rusange.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru