AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Mu bantu 2730 banditse basaba akazi 20% nibo bakabonye muri gahunda ya JOB NET

Yanditswe Apr, 27 2017 15:36 PM | 2,402 Views



Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo ivuga ko kuva gahunda yo guhuza abakoresha n’abakozi muri gahunda yiswe Job Net mu bakozi basaga ibihumbi 2.730 biyandikishije bashaka akazi muribo abasaga 20% bakabonye .

Ni abaturage bo mu bice bitandukanye by’igihugu biganjemo urubyiruko bahuriye kuri petit stade amahoro n’abakoresha bo mu bigo bitandukanye, kugirango urwo rubyiruko rushake amahirwe yo kubona akazi cyangwa kuba rwakwimenyereza umwuga muri ibyo bigo.

Bamwe muri uru rubyiruko bavuga ko uyu ari umwanya mwiza kuri bo wo kubona akazi no kumenya ahari amahirwe y’akazi. Kurundi ruhande bamwe mu bakoresha bavuga ko guhurira hamwe n’urubyiruko rwize amasomo atandukanye bibafasha kubona abakozi batiriwe batanga amatangazo y’akazi kandi bikabatwara amafaranga.

Minisiteri y’abakozi ba Leta n’umurimo ivuga ko ku nshuro ya 4 hatangijwe gahunda yo guhuza abakoresha n’abakozi ngo bimaze gutanga umusaruro no kunganira  gahunda ya leta yo guhanga imirimo ibihumbi 200 000 buri mwaka.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura