Yanditswe Dec, 07 2017 22:50 PM | 4,963 Views
Perezida
wa Repubulika Paul Kagame ari Sharm-El-Sheikh mu Misiri aho yitabiriye ihuriro
ry'ubucuruzi ku rwego rwa Afurika ribaye ku nshuro ya kabiri, harebwa uburyo
ubucuruzi kuri uyu mugabane bwatezwa imbere.
Iyi nama yatumiwemo bamwe muri ba rwiyemezamirimo bakiri bato ariko batanga icyizere ku mugabane wa Afurika, abashoramari, n’abafatanyabikorwa babafasha kwagura ibyo bakora.
Perezida Kagame yanitabiriye ikiganiro n'urubyiruko
rwiteje imbere, aho yagaragaje ko umugabane wa Afrika ukize ku mutungo kamere,
ariko ko agaciro k'abaturage bawo ariko gakomeye cyane kuko karuta petrole
n'indi mitungo kamere kuri uyu mugabane.
Yavuze ko icy'ingenzi atari kubara umubare w'abantu, ahubwo igikenewe ari ukwita ku mpano zabo ndetse no gushyiraho uburyo bwose bushoboka butuma bagaragaza ubushobozi bifitemo.
Iki kiganiro gihuza ba rwiyemezamirimo biteje imbere bakiri bato, cyanitabiriwe na Perezida wa Minisiri Abdel Fattah, umunyemari Tony Elumelu. Perezida Kagame na Tony Elumelu batoranyijwe kubera kudahwema gukorera ubuvugizi urubyiruko no gushyiraho urubuga rufasha urubyiruko ku mugabane wa Afurika.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru