AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Ngirente yasuye ibikorwa bitandukanye by'intara y'amajyaruguru

Yanditswe Nov, 22 2017 21:20 PM | 4,153 Views



Minisitiri w'intebe Dr Edouard Ngirente yasuye ibikorwa by'iterambere byo mu rwego rw'ubuhinzi n'ubworozi mu turere twa Nyabihu, Musanze na Burera. Yasuye ahatuburirwa imbuto z'ibirayi hifashishijwe uburyo bunyuranye, asura n'ikusanyirizo ry'amata rya mukamira, n'ishuli rikuru rya Musanze polytechnic.

Ministiri w'intebe yasuye n'ubuhinzi bw'ibireti ndetse n'uruganda rubitunganya rwa SOPYRWA.

Mu ishuli rya Musanze Polytechnic, minisitiri w'intebe yabashishikarije kunoza ibyo bakora byose kandi bakabyamamaza. 

Yasuye ibice bitandukanye by'iki kigo birimo amashuri, aho bitoreza imyuga. Muri uru ruzinduko, minisitiri w'Intebe ari kumwe na Ministre w'ubuhinzi n'Ubworozi, Minisitiri w'Ubucuruzi n'Inganda, n'abandi bayobozi ku nzego zinyuranye.

Inkuru mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama