AGEZWEHO

  • Kenya yatangiye icyunamo cy'Umugaba Mukuru w'Ingabo wapfiriye mu mpanuka – Soma inkuru...
  • Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Murekezi yatanze ikigereranyo rusange cy'iterambere mu Rwanda

Yanditswe Apr, 04 2017 15:26 PM | 2,056 Views



Minisitiri w'intebe Anastase Murekezi  yabwiye intumwa za rubanda ko urwego rw' ubuzima mu Rwanda rumaze kugera ku bikorwa by'indashyikirwa ndetse binahesha ishema igihugu mu ruhando mpuzamahanga.

Hamwe mu ho yavuze ko hakenewe gushyirwamo ingufu hari nk’ibijyanye no kurwanya imirire mibi ndetse no kugwingira kw'abana. Mu bindi yemeye ko bikeneye gushyirwamo ingufu ni ukonoza imitangire ya serivisi no gukorera abazitanga ibyatuma bishimira akazi kabo mu gihe ngo n'ubusanzwe bakiri bake ugereranyije n'abakenewe.

Mu mwanya w'ibibazo n'ibitekerezo, intumwa za rubanda zasabye ko ahakemurwa ikibazo cy'abaganga barararikira amavuriro yigenga kimwe n'abishyurirwa kwiga hanze bagahitamo kwigumirayo.

Minisitre w'intebe yatangaje ko kimwe mu byafasha abaganga kwishimira gukomeza gukorera Leta ari uguhabwa icyubahiro bakwiye. Guverinoma yishimira ubwiyongere bw'ibikorwa remezo by' ubuzima ariko ikagaragaza ko umubare w'ababavura ukiri hasi y'uteganywa ku rwego mpuzamahanga.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira