AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ministre w'intebe Murekezi yatangije gahunda yiswe nk'uwikorera muri Karongi

Yanditswe Mar, 30 2017 17:49 PM | 1,288 Views



Ministre w'intebe Anastase Murekezi arasaba abaturage kugaragaza aho serivise zidatangwa neza kugira bikosorwe kuko ari uburenganzira bwabo. Ibi minister w'intebe yabivugiye mu karere ka Karongi ubwo yatangizaga mu rwego rw'igihugu gahunda yiswe nk'uwikorera igamije gukangurira inzego za leta n'iz'abikorera kurushaho kunoza service batanga.

Ministre w’intebe yibukije abayobozi gucika ku mvugo "uzaze ejo" kuko ihesha isura mbi ubuyobozi. Ministre w'intebe yavuze ko hari inzego zikwiye gushyirwamo imbaraga zikomeye kuko abaturage bazishimiye ku rwego ruri hasi: ubuhinzi bwishimirwa ku gipimo cya 48%, ubworozi 54%, VUP 58%, GIRINKA 59%.

Izi serivise kimwe n'iz'ubuvuzi nizo zizaherwaho mu gukorwaho ubukangurambaga! urwego rwa serivisi rwinjiza 48% by'umusaruro wose w'ubukungu bw'igihugu nyamara serivise zishimiwe ku gipomo cya 72,9% mu gihe intego ari ukugera kuri 85% mu 2018.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama