Yanditswe Dec, 13 2016 12:45 PM | 2,512 Views
Ministre
w'ingabo General James Kabarebe yakanguriye urubyiruko ruri mu itorero urunana rw'urungano, rimaze icyumweru ribera
i Gabiro mu kigo cya gisirikare, gukomeza kugira uruhare mu rugamba rwo kubaka
u Rwanda.
Bikubiye mu kiganiro yabahaye muri aya masaha kirebana n'urugamba rwo kubohora u Rwanda. Yababwiye ko igihe cyose ukuri gutsinda, iyo ufite intego ihamye kandi uharanira uburenganzira bwawe. Ministre General Kabarebe, yasobanuye ko intego y'urugamba kwari ukubohora u Rwanda no kubaka igihugu kibereye buri munyarwanda.
Bisobanurwa ko iri torero ryahaye urubyiruko 754 rwaryitabiriye umwanya wo gusobanukirwa indangagaciro n’amateka y’u Rwanda ngo ziyakuremo amasomo yo kubaka ejo hazaza heza.
Muri iri torero rimaze icyumweru intore zabashije kwakira amateka zanyuzemo, ziyemeza gushyigikira ubumwe n'ubwiyunge.
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Leta yatangiye kubarura inyubako zayo zidakorerwamo kugira ngo zibyazwe umusaruro
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside mu myaka 30
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Haba hari umuti urambye wa gatanya zishingiye ku mitungo?
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abanyeshuri n’abarimu ba Kaminuza ya Stanford
Mar 26, 2024
Soma inkuru