AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Ministiri mu Bwongereza yasuye ibikorwa by'iterambere mu karere ka Musanze

Yanditswe Sep, 26 2016 14:10 PM | 1,697 Views



Ministiri ushinzwe Afrika mu ishami ry’iterambere mpuzamahanga ry'u Bwongereza, DFID bwana James Wharton yatangiye uruzinduko mu Rwanda. 

BIteganyijwe ko ari busure karere ka Musanze aho asura umushinga ujyanye no gufasha abaturage mu bijyanye no kwiteganyiriza. Uyu mu ministiri mushya kuri uyu mwanya akaba ashima iterambere u Rwanda rumaze kugeraho mu myaka irenga 20 ishize.

Ministiri Wharton ubusanzwe ugenzura iterambere ry’inkunga zigenerwa Afurika, avuga ko Ubwongereza n’u Rwanda bifitanye ubufatanye bwihariye kuva mu myaka irenga 20 ishize, aho Ubwongereza bwishimira kuba bugira uruhare mu iterambere ry’u Rwanda kandi ko buzakomeza muri uwo murongo, bufasha u Rwanda mu nzira y’iterambere rurimo no kugabanya ubukene mu gihugu.

Bisobanurwa ko muri iyi myaka ishize, Ubwongereza bwafashije mu kuvana mu Bukene abaturage barenga miliyoni imwe n’igice, kandi ko hagati y’umwaka wa 2011 na 2015 bwagize uruhare mu gufasha abaturage bagera kuri miliyoni eshatu na 800 kwandikisha ubutaka bwabo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura