AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Minisitiri Mushikiwabo asanga bikwiye ko Afurika yikemurira ibibazo byayo

Yanditswe May, 03 2017 15:49 PM | 2,380 Views



Minisitiri w'ububanyi n'amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko n’ubwo isi muri rusange ifite ibibazo by'ihungabana ry'amahoro n'umutekano, umugabane wa Afurika ukwiye kutarangazwa nabyo ahubwo ugakora ibishoboka ukikemurira ibibazo nk'ibyo bikiwugarije. 

Ibi Minisitiri Mushikiwabo yabivuze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,  ubwo yatangizaga umwiherero w'iminsi 3 uhuje abagize akanama k'Amahoro n'umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, bateraniye i Kigali.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira