Yanditswe May, 03 2017 15:49 PM | 2,380 Views
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko n’ubwo isi muri rusange ifite ibibazo by'ihungabana ry'amahoro n'umutekano, umugabane wa Afurika ukwiye kutarangazwa nabyo ahubwo ugakora ibishoboka ukikemurira ibibazo nk'ibyo bikiwugarije.
Ibi Minisitiri Mushikiwabo yabivuze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, ubwo yatangizaga umwiherero w'iminsi 3 uhuje abagize akanama k'Amahoro n'umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, bateraniye i Kigali.
Inkuru yose mu mashusho:
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru