AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Min. KANIMBA avuga ko hagiye kuba impinduka mu gutanga amasoko ya leta

Yanditswe Dec, 21 2016 10:45 AM | 2,426 Views



Ministeri y'ubucuruzi n'ibikorwa by'umuryango w'afrika y'iburasirazuba iratangaza ko hagiye kuba amavugurura mu gutanga amasoko ya Leta kugirango babere urugero abandi mu kugura ibikorerwa imbere mu gihugu. Ibi byatangajwe ubwo hasozwaga imurikagurisha ry'ibikorerwa mu Rwanda.

Hari hashize icyumweru i Gikondo habera ku nshuro ya kabiri imurikagurisha ry'ibikorerwa  mu Rwanda Made in Rwanda Expo. Ni imurikagurisha ryari rigamije kureba uko ubukangurambaga bwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda bwarushaho gukorwa

Mu gusoza iri murikagurisha ry'ibikorerwa imbere mu gihugu,hahembwe amwe mu masosiyeti yagaragaje kwitwara neza mu mitangire ya serivisi.

Ministri w'ubucuruzi n'ibikorwa by'umuryango w'afrika y'iburasirazuba Francois KANIMBA avuga ko hagiye kuba impinduka mu gutanga amasoko ya leta hagabanywa ibitumizwa mu mahanga.

Iri murikagurisha ry'ibikorerwa mu Rwanda ryarimo abamurikaga 301. Hagati y'abantu ibihumbi 10 n'ibihumbi 15 nibo baryitabiraga ku munsi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama