AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

MINISANTE yatangiye igikorwa cyo gupima abakozi ba leta indwara zitandura

Yanditswe Sep, 27 2017 21:56 PM | 4,193 Views



Minisiteri y'ubuzima ifatanyije na Minisiteri y'umurimo, bari mu gikorwa cy'ubukangurambaga cyo kurwanya no kwirinda indwara zinyuranye zitandura. Ni muri urwo rwego hatangiye igikorwa kizamara iminsi 3 cyo gusuzuma ku buntu abakozi ba Leta bakorera muri Minisiteri n'ibigo bya Leta bitandukanye bikorera ku Kacyiru, biteganyijwe ko kizakomereza n'ahandi.

Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri y'ubuzima Dr Patrick Ndimubanzi, aragira inama abakozi ba Leta kucyabafasha kugira ubuzima buzira umuze. Yagize ati, ''Tukaba aha dushaka kubakangurira ko kugira ngo bagire ubuzima bwiza umutima wbo ukomeze ukore neza bagomba no gukora Sport bakiyitaho bagakora nibura amasaha 2 cyangwa 3 mu cyumweru kugira ngo birinde n'izo ndwara z'umutima''

Minisitiri w'abakozi ba Leta n'umurimo Fanfan Rwanyindo Kayirangwa, asobanura ko impamvu bashyizeho iyi gahunda biri mu rwego rwo kubegereza serivisi kuko akenshi akazi gatuma batabona umwanya wo kujya kwa muganga.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage