AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

MININFRA yasinye imihigo yo kwagura no kubungabunga ibikorwa remezo

Yanditswe Oct, 17 2017 20:47 PM | 6,076 Views



Minisiteri y'ibikorwa remezo n'ibigo biyishamimiyeho basinye amasezerano y'imihigo  aho ngo hashyizweho ingamba zizatuma hubahirizwa ireme n'agaciro k'ibikorwa biba byitezwe byumwihariko ngo hirindwa kurya ubugari cyangwa uburebure bw'imihanda.

Imwe mu miyoboro migari y'amashanyarazi ihuza u Rwanda n' ibihugu byo muri aka karere yamaze kubakwa. Mu ntangiriro iyi miyoboro yagaragazwaga nk'ibereyeho kuzakira amashyanyarazi aturuka mu bihugu bya Kenya na Ethiopia mu rwego rwo gufasha u Rwanda kwikungahazaho ingufu z'amashanyarazi ariko ubu igitekerezo cyamaze kwaguka.

Imihigo ya Minisiteri y' ibikorwa remezo muri uyu mwaka igaragaza ko ingo zisaga ibihumbi 190 zizagezwaho amashanyarazi aturuka ku murongo mugari naho zisaga ibihumbi 90 zikabona aturuka ku zindi ngufu nk'imirasire y' izuba mu gihe muri ruasnge abagerwaho n'zingufu bamaze kugera kuri 40.7%.

Ibijyanye no gutwara abantu n' ibintu Rwandair izava ku bantu basaga ibihumbi 700 itwara ku mwaka igere ku barenga miliyoni kandi ngo uyu mwaka uzasiga imirimo yo kubaka ikibuga cy' ingege cya Bugesesra igeze kuri 20% ivuye kuri 5%.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu