Yanditswe Oct, 24 2016 10:09 AM | 3,120 Views
Guverinoma y'u Rwanda irashimangira ko gahunda ya NEP KORA WIGIRE ari igisubizo ku iterambere ry'igihugu. Ibi Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo Judith Uwizeye abitangaje muri iki gitondo mu kiganiro n'abanyamakuru, kigamije kugaragaza uko isoko ry'umurimo rihagaze mu gihugu hamwe n'ubukangurambaga kuri gahunda igamije guhanga imirimo mu gihugu.
Iki kiganiro kirimo
bamwe mu bagize guverinoma hamwe n'abafatanya bikorwa batandukanye.
Ibarura rya Kane ku iterambere ry'imibereho y'ingo EICV 4 ryagaragaje ko muri
rusange abanyarwanda 2% badafite akazi.
Mu mijyi icyo gipimo kiri ku 8% mu gihe mu barangije amashuri yisumbuye na
Kaminuza igipimo cy'ubushomeri kiri kuri 14%.
Ubukangurambaga kuri gahunda ya KORAWIGIRE bwatangiye ku wa 20 Ukwakira 2016 ikazageza ku wa 21 Ugushyingo 2016. Ngo buzibanda kugukangurira ibyiciro byihariye nk'urubyiruko, abagore n'abafite ubumuga kwiga amasomo y'imyuga n'ubumenyi ngiro no kubyaza umusaruro amahirwe Leta yashyizeho.
Muri ayo mahirwe harimo inguzanyo y'ibikoresho byo gutangira umwuga aho uyihawe yishyura 50% gusa.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
2 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
3 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
4 hours
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru