AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Libreville: Perezida Kagame yitabiriye inama ya CEEAC

Yanditswe Nov, 30 2016 10:14 AM | 1,964 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame na madamu we Jeannette Kagame bageze i Libreville mu gihugu cya Gabon. Bagiye kwitabira inama ya 8 idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu bw’ibihugu byo muri Afurika yo hagati (CEEAC).


Iyi nama yo kuri uyu wa gatatu iribanda ku bibazo bya politiki n’umutekano muri Afurika yo hagati. Harigirwamo icyakorwa mu kurwanya umutwe w'iterabwoba wa Boko Haram wo muri Nigeria ariko ukaba ukomeje guhungabanya umutekano muri Cameroon no muri Tchad, umutekano mucye muri Repubulika ya Centrafrika, ibibazo bya politiki muri RDC n'u Burundi, n'ibindi



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira