AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Kiyovu yatsinze APR bwa mbere mu myaka 12, iyitsinze igitego kimwe ku busa

Yanditswe Oct, 27 2017 20:11 PM | 5,732 Views



Ikipe ya Kiyovu Sports ibonye intsinzi ya kabiri muri shampiyona itsinze APR FC igitego 1-0 cya Moustapha Francis mu gice cya mbere cy’uyu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona wabereye ku Mumena.

Kiyovu Sports yaherukaga gutsinda APR FC mu 2005 mu gihe na Cassa Mbungo yaherukaga gutsinda APR FC mu 2014 atoza AS Kigali.

Kiyovu Sports yatsinze umukino wa mbere muri shampiyona ari nawo iheruka gukinira kuri iki kibuga ubwo yatsindaga Musanze FC 1-0, mbere yo gutsindwa na Rayon Sports 2-0 na Miroplast 2-1.

Ku ruhande rwa APR FC ya mbere kugeza mbere y’uyu mukino yatsinze Sunrise FC 2-0, inganya na Marines FC 1-1 mbere yo gutsinda AS Kigali 2-1.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura