AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Kigali: 'Kandahari' indiri ya kanyanga n'amabandi

Yanditswe Jun, 19 2016 22:12 PM | 1,545 Views



Abatuye mu gace kahimbwe Kandahari kubera urugomo n'ibiyobyabwenge mu mujyi wa Kigali barasaba ko bakurwaho izina kuko ngo ibyo bikorwa byarwanyijwe n'inzego z'ubuyobozi ku buryo bugaragara. Gusa biracyagaragara ko no kwinjira muri aka gace kiswe kandahari bifatwa na bamwe mu bakazi nko kwigerezaho kuko ngo biba bishoboka cyane gusagarirwa. 

Ubuyobozi bw'umurenge wa Rusororo bwirinze gutangaza umubare w'abafunzwe, gusa bwemeye ko kariya gace kari kariswe Kadahar koko kandi ko kari indiri y'urugomo n'ibiyobyabwenge ariko bukemeza ko bumaze kubihashya. N'ikimenyimenyi ngo n'igishanga kiri bugufi aho cyatekerwagamo kanyanga kigiye guhingwa mo umuceri icyakora ngo guhindana kw'isarura y'aka gace niko gutuma gahozwaho ijisho.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira