AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Kigali: Ibura ry'amabuye ryatumye imihanda imwe yari kubakwa ihagarikwa

Yanditswe Mar, 02 2017 13:53 PM | 1,297 Views



Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali buravuga kandi ko imihanda yo mu ma karitsiye yari yaratangiye gukorwa nyuma igahagarara byatewe n'ibura ry'amabuye akoreshwa mu kubaka iyo mihanda. Cyokora ngo bitarenze ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka, biteganyijwe ko iyo mihanda izaba yarangije gukorwa.

Imihanda yagombaga kubakwa hirya no hino mu mujyi wa Kigali ireshya na kilometero 105, ikaba yaragombaga kubakishwa amabuye. Gusa umuyobozi w'umujyi wa kigali wungirije ushinzwe iterambere ry'ubukungu BUSABIZWA Parfait, avuga ko ayo mabuye atabonekeye rimwe ariko uduce tumwe na tumwe twagiye dushyirwamo kaburimbo.

Uretse imihanda yatangiye gukorwa, ngo hari n'indi izaba yatangiye gukorwa mu byumweru bibi biri imbere, ku buryo mu kwezi kwa gatandatu yose izaba yarangiye.

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwavuze kandi ko mu ngengo y'imari y'umwaka utaha, hari indi mihanda iteganyijwe gukorwa harimo umuhanda wa Cyivugiza wari waratangiye gukorwa, ndetse n'igice cya Kibagabaga kizaba gisigaye.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage